Teaser in Kinyarwanda

„Inkuru imwe irema ishusho imwe, kandi ikibazo cyishusho imwe  suko iba itariyo ahubwo nuko  ituzuye. Irema inkuru imwe kuba inkuru yonyine (….) Inkuru nyinshi ningenzi“ (Chimamanda Ngozi Adichie Ted Talk 2009)

Inkuru nyinshi ni urubuga rurema indi shusho ya Afurika bitewe nabantu ubwabo bavuga injury zabo.

Aho kugabanya ukuri kwa rusange nabantu bazi ukuri kumwe, „ninkuru imwe“, Chimamanda Ngozi Adichie, umwanditsi wunya Nigeria, yarabajije mukiganiro mumwaka wa 2009 cya Ted Talk  aho yatanze ikiganiro kitwa „kuvuga cyangwa kureka abantu bakavuga inkuru nyinshi mumashusho atandukanye kugirango barwanye inkuru imwe ituzuye“. Nkaba korerabushake kulturweit dushaka gufasha mugushishikaza abandi bantu bakavuga inkuru zabo mubihugu bitandukanye : Uganda, Rwanda, Kenya, Tanzania na Ethiopia. Mugukora ibi , ntituzerekana uko the dufata ibintu cg ishusho tubibonamo ahubwo kureka inkuru zikavugwa nabanyiri gutura muribyo bihugu kugirango twibande kuruhande babonamo ayo mashusho. Cyangwa uko bafata ibintu.

„Uko inkuru zivugwa, nuzivuga,  nigihe zavugiwr, nubwinshi bwinkuru zavuzwe- ziba zishingiye kumbaraga cg ubushobozi“ – Chimamanda Ngozi Adichie

Tuzi ubushobozi bwinkuru mbarirano numwanditsi wurwo rubuga, dufite ubushobozi bwo guhitishamo ibisobunuro cyangwa bwibivugwaho. Nigacye tugerageza kubika gutoranywa kwibivugwaho cg imutwe wibyigwa, tubishyira hanze hashoboka, kugirango abantu tubaza aribo bihitiramo kuvuga nuko bashaka ko ibyo bavuzwe bizandikwa kurubuga.